wayground logo

Free Printable Worksheets

NEW

Font size

S
M
L
XL
Worksheets

Indangagaciro na kirazira nyarwanda

Total questions: 25

Worksheet time: 13mins

Name
Class
Date
1.

Kugambanira igihugu ni ...

a)

Indangagaciro

b)

Kirazira

2.

Ubupfura ni ...

a)

Indangagaciro

b)

Kirazira

3.

Kwiyoroshya no kwicisha bugufi ni ...

a)

indangagaciro

b)

kirazira

4.

Kuvugisha ukuri ni ...

a)

kirazira

b)

indangagaciro

5.

Kugira urukundo ni ...

a)

indangagaciro

b)

kirazira

6.

Kudatinya umugabo ni ...

a)

kirazira

b)

indangagaciro

7.

Kwiyandarika ni ...

a)

kirazira

b)

indangagaciro

8.

Kugira umwanda ni ...

a)

indangagaciro

b)

kirazira

9.

Kwirata ni ...

a)

indangagaciro

b)

kirazira

10.

Ubunebwe ni ...

a)

kirazira

b)

indangagaciro

11.

Kugira inda Nini ni imwe muri kirazira nyarwanda.

a)

yego

b)

oya

12.

Guharanira kuba INTWARI ni imwe mu ndangagaciro z'abanyarwanda.

a)

yego

b)

oya

13.

Kubaha abakuru ni indangagaciro nyarwanda.

a)

yego

b)

oya

14.

Kubana neza na Bose nta vangura ni indangagaciro.

a)

yego

b)

oya

15.

Mu Rwanda kirazira guhemukira abandi.

a)

yego

b)

oya

16.

Mu Rwanda kirazira kwironda

a)

yego

b)

oya

17.

Mu Rwanda kirazira kwijandika mu bikorwa biganisha kuri ruswa n'ubuhemu.

a)

yego

b)

oya

18.

Umururumba n'ubusambo ni kirazira mu Rwanda.

a)

yego

b)

oya

19.

Mu Rwanda bashishikarizwa kudacogora kuko ni indangagaciro nyarwanda.

a)

yego

b)

oya

20.

Kumvira ni kirazira.

a)

yego

b)

oya

21.

Kagabo ni yubaha akazi kandi iyo ashaka kugira aho ajya, asaba uruhushya.

a)

Ubunyangamugayo

b)

Kwiyemera

c)

Inda nini.

22.

Mutoni yitabira umuganda kandi atanga umusanzu wo gufasha abatishoboye ndetse atanga umusoro neza.

a)

Gukunda igihugu

b)

Ubumwe

23.

Mugenzi ntashobora kwiyumanganya! Aho kujya gukora ngo yiteze imbere, ahora yandikira abantu ubutumwa bugufi abasaba amafaranga!

a)

Gusabiriza

b)

Ubupfura

c)

Indangagaciro

24.

Njyewe nkunda kwicisha bugufi. Ntega amatwi abamvugisha, nkirinda kwiyemera no kwirata kandi nkaharanira gufasha bagenzi banjye igihe bankeneye.

a)

Kirazira

b)

Indangagaciro

c)

Ubwirasi

25.

Iyi ni ...

a)

Ibijumba

b)

Imyumbati

c)

Ibigori